Itangazo riturutse muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu riravuga ko hari uduce tumwe two mu mujyi wa Kigali dusubijwe muri Gumamurugo kubera kwirinda ikwirakwira rya Corona Virusi. Ibi bibaye nyuma y’uko mu mujyi wa Kigali hongeye kugaragara abantu bagenda bandura iki cyorezo.


Kugeza ubu mu Rwanda abanduye bamaze kugera kuri 850 abakirwaye ni 463 abapfuye ni 2.
Yaaalalaaah 🙄🤔🙆