Amakuru dukesha Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda agaragaza ko none ku wa 24 Mata 2020 mu bipimo 1,046 byafashwe habonetse abanduye bashya 22 bose byatumye umubare w’abanduye ugera ku 176
Abamaze gukira 89 ariko uyu munsi nta n’umwe mushya wakize wagaragaye.

Birakomeye pe! Ni amasengesho menshi
Hamwe no gukurikiza amabwiriza ya leta tuzagitsinda