Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu yashyize ahagaragara amabwiriza mashya abasezerana mu nsengero bazagenderaho. Ibi bibaye nyuma y’uko Leta yemereye abantu gusezerana mu nsengero ariko bubahiriza amabwiriza ajyanye no kwirinda ikwirakwizwa rya Corona Virusi.
Ayo mabwiriza ni aya akurikira:



Akaba ari itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof Shayaka Anastase