Mu minsi ishize nibwo umwuka utari mwiza hagati ya rutahizamu ukomoka mu gihugu cya Ghana wakiniraga Rayon Sport nyuma y’aho avuze ko Perezida w’ikipe ya Rayon Sport atari akwiye kuba umuyobozi wayo.

Muri aya masaha rero inkuru dukesha Ibyiwacu.com ivuga ko aribwo ikipe ya Rayon Sport ihise imwirukana bidasubirwaho.
Sarpong akaba yaravutse tariki ya 10 Mutarama 1996 afite ubwenegihugu bwa Ghana, yageze muri Rayon Sport tariki 2 Ukwakira 2018 aza kuyivamo yerekeza mu Bushinwa ntibyamuhira agaruka muri Rayon Sport.
Murakoze kutugezaho izi nkuru ariko byaba byiza mugiye mujya in deep ntimutwicishe amatsiko